Gukundwa no gukora cyane kwa Mc Tino bimuhesheje akazi kuyindi radio
Gukundwa no gukora cyane kwa Mc Tino bimuhesheje akazi kuyindi radio
Umuhanzi ndetse n’umushyushyarugamba Mc Tino wakoraga kuri radio iherutse gufunga imiryango ya Kfm kurubu yamaze kubona akazi kuri Royal Fm akaba ariho ajyiye gukorera imirimo ye.
Ubwo Touchrwanda twaganiraga na Mc Tino yagize ati “mu byukuri nishimiye kuba nabonye akandi kazi kuri Radiyo ikomeye kandi izwi hano mu Rwanda, byanyeretse ko ntakoreye ubusa ndetse ko ibikorwa byanjye byagaragariye…
View On WordPress













