Amatege n'amabwiriza birakurikizwa! Ukunda kubyumva ntubyiteho ariko se ni iki kibyihishe inyuma mu bucuruzi?
Amatege n’amabwiriza birakurikizwa! Ukunda kubyumva ntubyiteho ariko se ni iki kibyihishe inyuma mu bucuruzi?
Tujya twumva mu matangazo yo ku maradiyo iyo rirangiye bakunda kuvuga ngo amabwiriza n’amategeko birakurikizwa. Ariko se ayo mabwiriza urayazi? Dushobora kuba tuzi ko kontaro (contract) zisinywa n’abacuruzi bakomeye ariko nyamara hari izo usinya (wemera ) nyinshi kandi utabizi.
ICYITONDERWA:Nusoma iyi nkuru, amategeko n’amabwiriza birakurikizwa, Waba uyazi waba utayazi. Bisobanuye ko niba…
View On WordPress











