MC Tino yamuritse indirimbo idasanzwe-AMAFOTO
Kay Martin uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya MC Tino ni umwe mu byamamare nyarwanda umaze kubaka ibibanza mu mitima ya benshi abinyujije mu bihangano bye ndetse n’ibindi bikorwa asanzwe azwiho gukora. Tino ubusanzwe akora akazi k’ubunyamakuru kuri Royal FM, akaba ari umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda, ndetse akaba ari n’umushyushyarugamba(MC) nkuko izina rye ribivuga. Ku mugoroba wo kuri uyu wa…
View On WordPress






