Umwe mu baturage barega Umujyi wa Kigali yavuze ko bigeze aho umuntu yifuza urupfu akarubura
Umwe mu baturage barega Umujyi wa Kigali yavuze ko bigeze aho umuntu yifuza urupfu akarubura
Mukankuranga, umwe mu baturage ba Kangondo barega Umujyi wa Kigali, yatangaje ko bigeze aho umuntu yifuza ngo iyo rupfu ruza rukamukuraho. Ibi Mukankuranga yabitangaje nyuma y’aho umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge asabye impande zombi ko habaho ubuhuza kuri iki kibazo. Impande zombi zabyemeranyijeho gusa hari abanyuzwe manuma kimwe n’abafite icyizere ko hari icyo…
View On WordPress














