Ubukungu bw'abaherwe 26 ba mbere ku Isi bungana n’ubwa kimwe cya kabiri cy’abayituye
Ubukungu bw’abaherwe 26 ba mbere ku Isi bungana n’ubwa kimwe cya kabiri cy’abayituye
Raporo nshya y’Umuryango urwanya ubukene Oxfam ivuga ko umwaka wa 2018 wabaye uw’ubusumbane bukabije ku Isi mu ubukungu kuko abakire barushijeho gukira, abakene bakarushaho gutindahara.
Abaherwe 26 ba mbere ku Isi bikubiye ubukire bungana n’ubw’abantu miliyari 3.8 , ni ukuvuga kimwe cya kabiri cy’abatuye Isi, umuryango OXFAM ukaba uvuga ko muri 2018, abaherwe 2 200 hirya no hino ku Isi,…
View On WordPress

















