Imodoka ya Perezida Felix Tshisekedi yahuye n'insanganya atabarwa n'abakomando bamurinda
Imodoka ya Perezida Felix Tshisekedi yahuye n’insanganya atabarwa n’abakomando bamurinda
Imodoka ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yaheze mu isayo biba ngombwa ko abarimo abakomando bamurinda bayisunika, bayikuramo. Byabaye ubwo uyu Mukuru w’Igihugu yagiriraga uruzinduko mu gice cya Grand Kasai, tariki ya 26 Ukuboza 2021 avuye mu mujyi wa Mbuji Mayi ufatwa nk’umurwa mukuru waho. Mu rwego rwo kugira ngo amenye uko imihanda yaho iteye, Perezida…
View On WordPress















