Marina yagize icyo avuga ku kagambane yakorewe na Ishimwe Clement nyiri Kina Music
Marina yagize icyo avuga ku kagambane yakorewe na Ishimwe Clement nyiri Kina Music
Marina yavuze ko ibyo yakorewe Atari byiza ndetse ahishura ko bikomeje gutya ntahantu umuziki w’u Rwanda waba werekeza mu gihe harimo icyo we yishye amashyamba.
Kuva taliki ya 6 Werurwe 2019 , ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho akubiyemo akababaro Marina Deborah yatewe no kuba yarakuwe ku rubyiniro atarangije indirimbo bitewe nuko uyu mukobwa yagaragaje imbyino zikurura igitsina…
View On WordPress

















