Gushyingiranwa kw'abahuje ibitsina ni “Amahitamo”, bisobanuye ko ari “Icyaha”
Gushyingiranwa kw’abahuje ibitsina ni “Amahitamo”, bisobanuye ko ari “Icyaha”
Kuri uyu wa mbere, Vatikani yatangaje ko Kiliziya Gatolika itazayobora ishyingiranwa ry’abahuje ibitsina, ni mu itangazo ryagiye hanze ryemejwe na Papa Francis. Ibi bije bikurikira igisubizo cyemewe n’ibiro bya orotodogisi ya Vatikani, ku kibazo cyo kumenya niba abayobozi ba kiliziya gatolika bafite uburenganzira bwo guha umugisha umubano w’abahuje ibitsina. Amagambo akubiye mu bisobanuro…
View On WordPress













