Kicukiro: Wakanda Bar yafashwe n’inkongi y’umuriro
Kicukiro: Wakanda Bar yafashwe n’inkongi y’umuriro
Akabari kitwa Wakanda Bar gaherereye mu Isoko rya Kabeza mu Karere ka Kicukiro kafashwe n’inkongi y’umuriro ku manywa y’ihangu kuri uyu wa Kane taliki ya 30 Ukuboza 2021. Abaturage bagerageje kuzimya biranga bahamagara inzego z’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi. Nkuko amafoto ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga abigaragaza, aka kabari kagurumanye gusa ntabwo impamvu yateye…
View On WordPress

















