Inzira 10 wanyuramo kugirango ube umuntu utanga umusaruro mubyo akora byose(PRODUCTIVE)
Ujya witegereza akenshi abantu bafite icyo bagezeho ukibaza uko babigezeho , wabona uciyeho yambaye neza cyangwa mu modoka nziza ukibaza ngo “ariko bo bigenda bite?”.
Dore ibintu icumi byagufasha nawe kugira icyo ugeraho mu kazi cyangwa se mubyo ukora byose:
1. RIRA GUTSINDA: Turi ibyo turya. ‘rira gutsinda’ bisobanura ko ibyo dushyira mu mibiri yacu bifite ingaruka nziza/mbi mu mikorere…
View On WordPress













