Perezida Yoweri Museveni yahakanye ibyo kugwatiriza ikibuga cy’inde Ubushinwa
Perezida Yoweri Museveni yahakanye ibyo kugwatiriza ikibuga cy’inde Ubushinwa
Mu kiganiro n’ibiro ntaramakuru Reuters, Perezida yoweri Museveni wa Uganda yahakanye ibyavuzwe ko igihugu cye cyaba cyaratanzeho ingwate ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe, ari nacyo cyonyine iki gihugu gifite. Perezida Museveni yavuze ko Uganda igiye gusinya amasezerano n’abashoramari b’Abashinwa yo gushora imari mu buhinzi no gukora amafumbire, gutunganya amabuye y’agaciro,…
View On WordPress










